http://igitsina.topstories24.com
Ubwo Pastor TB Joshua wo mu Gihugu cya Nigeria yigishaga mu urusengero rwe nkuko bisanzwe arimo abwiriza anasengera abantu yaje kwerekwa umugore witwa Loveline Christian wari uri mu iteraniro yazanye n’umugabo we kandi uyu mugore akaba yarakoranaga ni imyuka mibi cyangwa( amagini )
bitewe ninyigisho yabonye kuri Emmanuel TV hariho inyigisho za TB Joshua zatumye uyu mugore aza murusengero cyane ko yumvaga ntawamuhangara bitewe n’imbaraga z’amagini
uyu mugore n’umugabo we ubwo bari baje murusengero
Bishop TB Joshua yatangiye ubwo yari atangiye gusenga yirukana amadayimoni mu bantu nkuko bisanzwe kubari bari aho asaba umwuka wera kwirukana mu bantu iyo myuka mibi mu izina rya Yesu nibwo nuyu mugore kimwe nabandi yaje gufatwa n’umuriro w’umwuka wera yikubita hasi yakomeje asenga asaba kandi anategeka imyuka mibi kuva mubantu b’Imana
Icyaje gutungura abantu bari murusengero nuko uyu mugore yahise aba nkumusazi bigezaho umugabo we bari bazanye bagiye imbere nibwo bishop yabwiye umugabo wuyu mugore ko afite imyuka mibi kandi ko ari umugore we wo mu rugo ariko nano uyu mugore akaba afite undi mugabo kandi uwo muntu akaba ari uwo mu mazi, ibi byahise biatungura uyu umugabo yanga no kubyemera.
Bishop TB Joshua
Nibwo uyu mugore yatangiye gusengerwa babajije umugabowe bari bazanye niba yaba amuzi ? byaje gutungura avuga ko atamuzi ahubwo ari umuntu bagendana nibwo yaje gutanga ubuhamya avugako mbere yuko bahura n’u mugabo we yari umukire yaracuruzaga bigenda kandi amerewe neza ariko nyuma yo guhura nawe ibintu byose byahise byanga avuga ko yabigize zero
Uyu mugore yakomeje atanga ubuhamya bukomeye kandi buteye ubwoba:
aho yavuze ko we yari yari umwe mu myuka mibi yo mumazi akaba yari yarashyingiranwe mu mazi n’inzoka kandi nawe ubwe ari inzoka, umubiri we wose nisuraye mu nda ye ko aho agiye hose agendana inzoka yagendanaga nawe kandi ko mu bwami bwo mu mazi yari sheef command wa 2,
ngo uyu mugore kandi iyo yakurebaga mumaso gusa wahitaga wizana umusanga yakongera kukureba agahita ushaka gusambana nawe, nyuma yibyo byo uwo bahuye nawe wese nyuma yo kuryamana nawe yahitaga atangirana ingorane n’ibibazo bitandukanye kandi wabaga ujyeze ku iherezo ry’ubuzima bwawe. Niba uri umunyeshuri ntiwongeraga kwiga niba uri n’umuganga byahitaga byanga niba uri Pastor yarakurebaga gusa wamuha nemero yawe ya telephone akaguahamagara kumva ijwi rye ryonyine ryarimo rukuruzi wahitaga ujyenda umusanga kandi wahitaga umukunda nyuma yibyo itorero ryawe cyangwa minisiteri yawe wari ufite bikagwa hasi
Dore video yuko byagenze:
ati igihe yahuraga n’umugabo we mu mugi yarakoraga kandi ngo yari arameze neza yari umukire gusa ngo we ntiyigeze umugambi wuyu kuko uyu mgore yari inzoka kuva icyo gihe umugabo we yatangiranye ibibazo bitandukanye ati akimara guhura n’ibibazo bitandukanye yahise aza iwe kumuririra nawe icyo yakoraga kugirango abone ko ari umuntu mwiza iyo yabonaga aje n’imodoka yahitaga afata bibiliya akayisoma mu rwego rwo kwiyoberanya
Ati siwe wambere nabiko nabikoze benshi cyane ntabasha kumenya ariko nahisemo uyu kuko yanshimishije ati erega munda yanjye harimo inzoka,
Aha uyu mugore yasabaga imbabazi umugabo we kubwibyo yakoze byose
igitangaje umugabo we nawe nyuma yo kumva ibyo igihe bari batangiye gusengera umugore we TB Joshua yaramubwiye ati dore umugore wawe, umugabo arasubiza n’aghinda kenshi ati si umugore wange.ati yarampemukiye yanyiciye ubuzima ,yanyangirije business
ariko kubwo gusenga uyu mugaba yababariye Igishimishije uyu muryango nyuma yo gusengerwa waje kuba umwe umugore asaba umugabo imbazi umugabo nawe aramubabarira nubwo bitari byoroshye
Mecky Kayiranga.bwiza.com
Kurikira http://igitsina.topstories24.com kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)
Imyororokere
Video
Inama utari uzi ku mibonano mpuzabitsina
Nigeria:Umugore yatanze ubuhamya ko uwo barebanye wese byoroshye gusambana nawe kandi akahasiga ubuzima -Amafoto na Video
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment