http://igitsina.topstories24.com
Muri leta zunze ubumwe z’Amerika hafashwe umugabo bivugwa ko yasambanyaga imirambo. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru vyganews bivugwa ko uyu mugabo yasambanyije imirambo isaga 100 aho yakoraga m’uburuhukiro bw’ibitaro cyangwa se aho babika imirambo kwa muganga.

Kenneth Douglas afatwa n’abashinzwe umutekano
Kenneth Douglas, wakoze mu bitaro bya hamilton kuva mu mwaka w’1976 kugeza mu w’1996; aho yarashinzwe kwita ku mirambo iri mu buruhukiro yafunzwe muri 2008 akekwaho gusambanya umurambo, muri 2012 nibwo icyaha cyamuhamye nyuma y’uko hari hagaragye indi mirambo 2 y’abagore yari yarasambanyije.

Kenneth Douglas mu mwambaro w’abagororwa
Uyu mugabo yongeye guhamwa n’iki cyaha aho nyuma yo gupima umwe mu mirambo yari ibitse hagaragayemo DNA y’uyu mugabo, bigaragara ko nawo yaba yarawusambanyije; Benshi bakaba batangiye kwibaza niba azongera guhabwa ibindi bihano dore ko ibyo yari yahawe byarangiye.

Kenneth Douglas yakoze amahano kandi yarafite umugore mu rugo babana akavuga ko yabitewe nínzoga yanywaga
Douglas avuga ko ibi byose yabiterwaga n’inzoga yabaga yanyoye, dore ko umugore we yemeza ko atashoborga kujya ku kazi adafashe kamwe.Ndetse ko kenshi yatahaga yasinze .
Kurikira
http://igitsina.topstories24.com kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)http://www.facebook.com/Igitsina(Page)
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment