IKIBAZO: Ku mugabo ufite igitsina kirekire, ese hari ubwo yemerewe kukinjiza cyose mu gihe atera akabariro n’umugore we utwite? Ubwo se ntiyageza aho umwana ari?
IGISUBIZO: Iyo igitsina kinjira umugore ntababare, bisobanura ko kidahungabanya inkondo y'umura. Umwana ntashobora kubangamirwa kuko inkondo y'umura iba ifunze, we aba yibereye mu mura, mu gihe igitsina kiba kigera mu nda ibyara gusa kuko ari ho imibonano ibera.
Ntabwo igitsina kinjira mu mura. N’iyo umugore yaba adatwite, igitsina kiramutse gishaka kurenga inkondo y’umura umugore yahita abyumva, ndetse hari n’igihe ashobora gukomereka hakaza amaraso.
Muri rusange, igitsina cy’umugore kiba gifite ubugari buruta uburebure n’umubyimba by’igitsina gabo, ku buryo imibonano igenda neza kuri benshi.
Tubikesha Emma Claudine
Imyororokere
Video
Inama utari uzi ku mibonano mpuzabitsina
IKIBAZO: Ku mugabo ufite igitsina kirekire, ese hari ubwo yemerewe kukinjiza cyose mu gihe atera akabariro n’umugore we utwite? Ubwo se ntiyageza aho umwana ari?
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment