http://igitsina.topstories24.com
Icyi gikorwa ubusanzwe iyo gikozwe neza ntangaruka cyakagombye guteza.Umugabo umwe aremeza ko abaganga baba baramuciye igitsina!
Umugabo wo muri leta ya Alabama iherereye muri Leta zunze ubumwe z’amerika mu majyepfo yagejeje ikirego mu rukiko aho yaregaga ikigo cy’ubuzima cya centre médical de Princeton Baptist.
Ubwo uyu mugabo yafataga inzira ajya kwisiramuza ariko ibyo yahaboneye ni agahoma munwa:igitsina cye baragiciye.Nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ibi bitaro aho buvuga ko ibyo uyu mugabo avuga ntashingiro bifite mu gihe nyiri ugucibwa igitsina avuga ko ibi yabimenye aho agaruriye ubwenge ikinya bari bamuteye kimushizemo.
Uyu mugabo akomeza avuga ko atigeze amenyeshwa ibyo bari bumukorere ,abaganga bakora muri ibi bitaro babajijwe birinze kugira icyo batangaza.
Imyororokere
Video
Inama utari uzi ku mibonano mpuzabitsina
Yaje kwisiramuza ataha ntagitsina!
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment