http://igitsina.topstories24.com
Mu gihe abandi bari mu birori byo kwishimira impera z’icyumweru babyina banica akanyota, umukobwa witwa Laveda uhagarariye Tanzania muri Big Brother yari kumwe na bagenzi be mu cyumba yikinisha gusa bimaze kumenyakana byateje impagarara umwanya muto
Laveda yari kumwe na bagenzi be mu kirori cyari kirangajwe imbere na DJ Izzy wo muri Botswana gusa yaje kurambirwa kubyina ajya mu cyumba asangamo Sheillah na bagenzi babo barimo baganira. Camera nyinshi zari zihanze amaso ababyinaga bityo Laveda akeka ko nta muntu ukurikiye Televiziyo ushobora kubona ibyo akora ahita atangira kwikinishiriza mu maso ya bagenzi be.
Umukobwa witwa Mam Bea wo muri Ghana na we yari mu cyumba aryamye gusa akangurwa n’urusaku yumvanye uyu mukobwa wikinishaga. Mam Bea yahise amanuka hasi ahaberaga ikirori abwira bagenzi be ko hari mugenzi wabo uri kuvuza induru abasaba ko bamusanga mu cyumba bakareba ibyabaye.
Icyagaragaye ni uko Laveda ngo yaba yashakaga umusore bagirana ibihe byiza amubuze ahitamo kwikemurira ikibazo. Bamwe mu bahatanira iri rushanwa bakimenya ko ari kwikinisha bamunenze. Tayo wo muri yumvikanye asakuza cyane aho yabazaga Laveda niba afite ikibazo cyo mu mutwe.
Kurikira http://igitsina.topstories24.com kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)
0 comments:
Post a Comment