http://igitsina.topstories24.com
Nk’uko ibitangazamakuru bitandukanye byandikirwa muri Afurika y’Epfo ndetse n’ibindi byinshi byo ku mugabane w’Iburayi, umusigiti usengeramo abagabo baryamana bahuje ibitsina wafunguye imiryango yawo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nzeri 2014 mu gace ka Cap.
Amakuru akomeza avuga ko uyu musigiti w’abagabo baryamana bahuje ibitsina wiswe ’"Open Mosque" (Mosquée ouverte) ubwo wafunguraga kuri uyu wa gatanu warimo abanyamakuru baruta ku mubare abaje kuwusengeramo. Inyuma yawo ukaba wari ugoswe n’abapolisi benshi inyuma yabo hari abayisilamu bari baje kwigaragambya bamagana icyo gikorwa.
Taj Hargey, Umunya Afurika y’Epfo akaba umuyobozi w’ikigo cy’uburezi cy’abayisilamu I Oxford (directeur du Centre d’éducation musulman d’Oxford) niwe wanashinze uyu musigiti mushya, akaba asanga iyi ari impinduka mu iyobokamana igomba ndetse no kwandikwa mu bihe byaranze politiki y’ubutegetsi bwafashwe na Nelson Mandela muri 1994 nyuma y’imyaka myinshi hariho ubutegetsi bwimitse ivangura n’amacakubiri bishingiye ku moko.
Afurika y’Epfo ni igihugu gituwe cyane n’abakirisitu boturuka mu matorero menshi atandukanye, ariko kikanagaira igice gito cy’abayisilamu aho bangana na 737. 000 ku cyigereranyo cya 1,5% by’abatuye iki gihugu.
Kurikira http://igitsina.topstories24.com kuri facebookAmakuru akomeza avuga ko uyu musigiti w’abagabo baryamana bahuje ibitsina wiswe ’"Open Mosque" (Mosquée ouverte) ubwo wafunguraga kuri uyu wa gatanu warimo abanyamakuru baruta ku mubare abaje kuwusengeramo. Inyuma yawo ukaba wari ugoswe n’abapolisi benshi inyuma yabo hari abayisilamu bari baje kwigaragambya bamagana icyo gikorwa.
- Umusigiti w’abagabo baryamana bahuje ibitsina wiswe ’"Open Mosque"
Taj Hargey, Umunya Afurika y’Epfo akaba umuyobozi w’ikigo cy’uburezi cy’abayisilamu I Oxford (directeur du Centre d’éducation musulman d’Oxford) niwe wanashinze uyu musigiti mushya, akaba asanga iyi ari impinduka mu iyobokamana igomba ndetse no kwandikwa mu bihe byaranze politiki y’ubutegetsi bwafashwe na Nelson Mandela muri 1994 nyuma y’imyaka myinshi hariho ubutegetsi bwimitse ivangura n’amacakubiri bishingiye ku moko.
Afurika y’Epfo ni igihugu gituwe cyane n’abakirisitu boturuka mu matorero menshi atandukanye, ariko kikanagaira igice gito cy’abayisilamu aho bangana na 737. 000 ku cyigereranyo cya 1,5% by’abatuye iki gihugu.
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)
0 comments:
Post a Comment