http://igitsina.topstories24.com
Umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo Steven Cohen yahamijwe icyaha cy’urukozasoni, nyuma yo gukora umukino yise ’Coq’ asa n’uwambaye ubusa igitsina cye yakiziritseho inkoko iriho igikurura.
Nubwo uyu muhanzi yahamwe n’icyaha nta gihano yahawe n’ubutabera bw’u Bufaransa ari nabwo bwamuciriye urubanza.
Ikinyamakuru 7s7.be, cyatangaje ko urukiko rw’i Paris arirwo rwavuze ko icyha cyakozwe, ariko rushyize mu gaciro iby’ubuhanzi, ko nta n’undi muntu wigeze ajya gutanga ikirego avuga ko byamubangamiye ndetse nta n’ubundi uyu muhanzi yigeze yijandika mu bikorwa bishingiye ku gitsina, umucamanza wari uyoboye urubanza yavuze ko Atari ngombwa ko batangaza igihano kuri uyu muhanzi.
Umushinjacyaha, yari yasabiye uyu muhanzi igihano cyo kwihanizwa ndetse n’ihazabu y’amafaranga igihugu y’Ama-Euros.
Ku itariki ya 10 Nzeli 2013, nibwo uyu muhanzi yagaragaye yambaye agakariso k’umweru yaziritse umugozi ku gitsina cye anawuzirika ku isake. Mu bisobanuro yatanze, yavuze ko ari ubugeni nta kindi.
Yagize ati “Ibyo nakoze, ni ubugeni ariko nta n’aho bihuriye n’iby’ibitsina”. Aha yisobanuraga imbere y’umucamanza.
Akaba yarakomeje yisobanura ko icyo yari arangaje imbere atai igitsina cye, ahubwo yari uburyo yiyambitse.
Kurikira http://igitsina.topstories24.com kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)
Imyororokere
Video
Inama utari uzi ku mibonano mpuzabitsina
Yahamwe n’icyaha cy’urukozasoni nyuma yo kubyina yaziritse isake ku gitsina
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment