Umusaza n’umukecuru bo mu mujyi wa Salt Lake City muri leta ya Utah bafashwe basambanira mu busitani bwa kiliziya yaberagamo ubukwe ku Cyumweru.
![]() |
| Ubusitani bwa Kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church |
![]() |
| Wilson Benally w’imyaka 56 asambana na Sandra Kruser w’imyaka 60 hanze ya kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church |
Abasohotse mu bukwe batunguwe no kubona Wilson Benally w’imyaka 56 asambana na Sandra Kruser w’imyaka 60 hanze ya kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nk’uko Daily Mail ibitangaza.
Umwe mu bari bitabiriye ubukwe yihutiye guhagarika imodoka ya Polisi yatambukaga maze batesha abasambanaga.
Umupolisi wanditse raporo yavuze ko Benally yari yashyize ururimi n’intoki mu gitsina cya Kruser maze agerageza kubahagarika baranga bimusaba gukoresha ingufu.
Aba bane nibo babonye ayo mahano, ari nabyo byatumye abasambanaga bashinjwa icyaha cyo kwanduza abandi imico mibi ku gasozi maze bacumbikirwa kuri polisi. Benally ashinjywa n’ikindi cyaha cyo kurengera.
Aba bombi baracyari mu buroko aho Benally bimusaba amadolari ya Amerika 2,313 kugira ngo arekurwe naho Kruser agasabwa amadolari 2,093.
Si ubwa mbere bombi bashyizwe mu buroko kuko Benally amaze kutabwa muri yombi na polisi inshuro 102 naho Kruser amaze gufatwa na polisi inshuro 15.
Daily Mail/Igihe
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)


0 comments:
Post a Comment