![]() |
| Kurangiza kw’umugore bimurinda indwara nyinshi |
Ibyiza by’imibonano mpuzabitsina ku mubiri si iby’abagore gusa, mu 2003 abashakashatsi bo muri Australia batangaje inyigo yerekanye ko uko umugabo asohora cyane hagati y’imyaka 20 na 50 niko bagabanya ibyago byo kwandura cancer y’amabya.
Ubu bushakashatsi buvuga ko abagabo basatira imyaka 30 bakagombye nibura gusohora rimwe buri munsi.
Ubundi bushakashatsi busa n’ubu bwakozwe n’ikigo kireba indwara za cancer cyo muri Australia, bwagaragaje ko abagabo basohora inshuro nibura eshanu mu cyumweru nabo iriya cancer y’udusabo tw’intanga ngabo idapfa kubafata.
Kurikira Igitsina kuri facebook
http://www.facebook.com/Igitsina(Groupe)
http://www.facebook.com/Igitsina(Page)

0 comments:
Post a Comment